Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) wabonye umuyobozi mushya, ari we Sheikh Sindayigaya Mussa watorewe kuba Mufti w’u Rwanda asimbuye Sheikh Salim Hitimana. Ni mu matora…
Soma birambuye Sheikh Sindayigaya Mussa ni we watorewe kuba Mufti w’u Rwanda mushyaAuthor: Gerard MANZI
Bomboko mu mwambaro wa gisirikare: Ubwirinzi cyangwa ubuterahamwe?
Mu gihugu cy’Ububiligi mu rukiko rwa rubanda hashize igihe kirenga ukwezi n’igice haburanishwa urubanza ruregwamo umunyarwanda NKUNDUWIMYE Emmanuel bita Bomboko, ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe…
Soma birambuye Bomboko mu mwambaro wa gisirikare: Ubwirinzi cyangwa ubuterahamwe?Akarere ka Kirehe kiyemeje gukumira no kugabanya ubwandu bushya bwa SIDA muri ako Karere
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buvuga ko bwafashe ingamba zo gukumira no kugabanya ubwandu bw’agakoko gatera Sida bwugarije ako Karere kubera ahanini urujya n’uruza rw’abashoferi b’amakamyo…
Soma birambuye Akarere ka Kirehe kiyemeje gukumira no kugabanya ubwandu bushya bwa SIDA muri ako KarereMu Bufaransa: Abatangabuhamya bashinjwa kugurirwa ngo bahindure imvugo
Mu rubanza rwa Dr Munyemana Sosthene ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu batangabuhamya basaga makumyabiri bamaze kumvwa muri uru rubanza ruburanishirizwa mu…
Soma birambuye Mu Bufaransa: Abatangabuhamya bashinjwa kugurirwa ngo bahindure imvugoUrubanza rwa Basabose na Twahirwa bakurikiranyweho ibyaha bya genoside ruratangira kuri uyu mbere mu Bubiligi
Taliki 9 Ukwakira 2023 mu rukiko rwa rubanda mu gihugu cy’u Bubiligi haratangira urubanza rwa Pierre Basabose na Séraphin Twahirwa bashinjwa ibyaha bya jenoside yakorewe…
Soma birambuye Urubanza rwa Basabose na Twahirwa bakurikiranyweho ibyaha bya genoside ruratangira kuri uyu mbere mu Bubiligi