Mu kiganiro twabateguriye, Turaza kugaruka kuri byinshi byaranze ubuzima bwa Sheikh Sindayigaya Mussa kuri ubu akaba ariwe Mufti mushya w’idini rya Islam mu Rwanda. Kurikira…
Soma birambuye Byinshi wamenya kuri Mufti Mushya Sheikh Sindayigaya MussaAuthor: VOA
Ibyiza n’akamaro ko gusiba kubuzima bwa muntu
VOAvoiceofafrica.rw
Soma birambuye Ibyiza n’akamaro ko gusiba kubuzima bwa muntuRinda ururimi rwawe bitari ibyo ruzagushora mu byago.
VOAvoiceofafrica.rw
Soma birambuye Rinda ururimi rwawe bitari ibyo ruzagushora mu byago.Gufasha bifite mwanya ki mu buzima bwawe? ufasha by’ikirenda ni Allah wenyine.
UBUHEMU ni uburwayi bamwe babana nabwo, nawe isuzume umenye uko uhagaze
Mufti w’u Rwanda, Sheikh Sindayigaya Mussa yashimiye byimazeyo ubuyobozi bw’u Rwanda.
Ahagana saa kumi n’ebyiri z’igitondo, abayoboke b’Idini ya Islam kuva ku bana, urubyiruko, abakuze b’imvi z’uruyenzi bari bamaze kugera kuri iki kibuga cy’umupira w’amaguru. Eid…
Soma birambuye Mufti w’u Rwanda, Sheikh Sindayigaya Mussa yashimiye byimazeyo ubuyobozi bw’u Rwanda.Ibyo wamenya ku biganiro Mufti w’u Rwanda yagiranye na Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu mu Rwanda
Kuri uyu wa 12/Kamena, Nyakubahwa Mufti w’ u Rwanda Sheikh Sindayigaya Musa yakiriye mu Biro bye Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu mu Rwanda Bwana…
Soma birambuye Ibyo wamenya ku biganiro Mufti w’u Rwanda yagiranye na Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu mu RwandaAbayisilamu bari mu Isengesho ryo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Igitambo “Eid Al Adha”
Muri aya masaha Abayisilamu bari mu Isengesho ryo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Igitambo, Eid Al Adha, aho baba bazirikana umunsi Aburahamu yubahaga Imana akajya gutangaho igitambo…
Soma birambuye Abayisilamu bari mu Isengesho ryo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Igitambo “Eid Al Adha”Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatanze iminsi 14 ku baturiye umugezi wa Sebeya
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatanze iminsi 14 ku baturiye umugezi wa Sebeya, yo kwimuka byihuse kugira ngo imvura izagwa muri Nzeri 2023 itazabasanga aho batuye…
Soma birambuye Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatanze iminsi 14 ku baturiye umugezi wa SebeyaRulindo: Polisi yafashe abasore 2 bakurikiranyweho kwiba televiziyo n’ibindi bikoresho nyuma yo kwica urugi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Rulindo, yafashe abasore babiri bakurikiranyweho kwiba televiziyo n’ibikoresho byayo nyuma yo kwica urugi rw’inzu y’umuturage. Uko…
Soma birambuye Rulindo: Polisi yafashe abasore 2 bakurikiranyweho kwiba televiziyo n’ibindi bikoresho nyuma yo kwica urugi