Mu gihugu cy’Ububiligi mu rukiko rwa rubanda hashize igihe kirenga ukwezi n’igice haburanishwa urubanza ruregwamo umunyarwanda NKUNDUWIMYE Emmanuel bita Bomboko, ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe…
Soma birambuye Bomboko mu mwambaro wa gisirikare: Ubwirinzi cyangwa ubuterahamwe?Category: Ubutabera
Mu Bufaransa: Abatangabuhamya bashinjwa kugurirwa ngo bahindure imvugo
Mu rubanza rwa Dr Munyemana Sosthene ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu batangabuhamya basaga makumyabiri bamaze kumvwa muri uru rubanza ruburanishirizwa mu…
Soma birambuye Mu Bufaransa: Abatangabuhamya bashinjwa kugurirwa ngo bahindure imvugoUrubanza rwa Basabose na Twahirwa bakurikiranyweho ibyaha bya genoside ruratangira kuri uyu mbere mu Bubiligi
Taliki 9 Ukwakira 2023 mu rukiko rwa rubanda mu gihugu cy’u Bubiligi haratangira urubanza rwa Pierre Basabose na Séraphin Twahirwa bashinjwa ibyaha bya jenoside yakorewe…
Soma birambuye Urubanza rwa Basabose na Twahirwa bakurikiranyweho ibyaha bya genoside ruratangira kuri uyu mbere mu BubiligiRulindo: Polisi yafashe abasore 2 bakurikiranyweho kwiba televiziyo n’ibindi bikoresho nyuma yo kwica urugi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Rulindo, yafashe abasore babiri bakurikiranyweho kwiba televiziyo n’ibikoresho byayo nyuma yo kwica urugi rw’inzu y’umuturage. Uko…
Soma birambuye Rulindo: Polisi yafashe abasore 2 bakurikiranyweho kwiba televiziyo n’ibindi bikoresho nyuma yo kwica urugiElon Musk nyiri X yahoze izwi nka Twitter yatangaje ko kugira ngo abantu bakoreshe uru rubuga, bashobora gutangira kwishyura.
Ibi Elon Musk yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu ku wa Mbere tariki 18 Nzeri mu 2023. Ni ikiganiro cyibanze…
Soma birambuye Elon Musk nyiri X yahoze izwi nka Twitter yatangaje ko kugira ngo abantu bakoreshe uru rubuga, bashobora gutangira kwishyura.