Ku cyumweru taliki ya 22 Ukuboza 2024, mu karere ka Rwamagana hateranye inama y’inteko rusange y’Umuryango Islamic Actions for development wamenyekanye ku izina rya Al…
Soma birambuye Umuryango Al Amal urishimira intambwe umaze gutera mu bikorwa byo gufasha abatishoboye no kwita ku buzimaCategory: Featured
U Rwanda rwakiriye Inama mpuzamahanga y’Abaminisitiri b’Ubuzima
I Kigali yateraniye inama y’iminsi ibiri ya mbere y’Abaminisitiri b’Ubuzima y’Imijyi Mpuzamahanga yateguwe ku nsanganyamatsiko igira iti “Gukomeza Sistemu z’Ubuzima, kugira Ejo Heza”. Ni inama…
Soma birambuye U Rwanda rwakiriye Inama mpuzamahanga y’Abaminisitiri b’UbuzimaMufti w’u Rwanda yasuye Akarere ka Rubavu abasaba guhuza imbaraga mu iterambere
Nyakubahwa Mufti w’u Rwanda, Sheikh Musa Sindayigaya, yakoreye urugendo rw’iminsi ibiri mu Karere ka Rubavu, mu ntara y’Iburengerazuba, rugamije kugeza ku ba Islam iteganyabikorwa ry’imyaka…
Soma birambuye Mufti w’u Rwanda yasuye Akarere ka Rubavu abasaba guhuza imbaraga mu iterambere“Ubumwe n’umutuzo bihera mu rugo” Mufti w’u Rwanda
Nyakubahwa Mufti w’u Rwanda, Sheikh Mussa Sindayigaya, ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe mu karere ka Rwamagana tariki ya 23 Ugushyingo 2024, yaganiriye n’abaislamukazi baturutse ku…
Soma birambuye “Ubumwe n’umutuzo bihera mu rugo” Mufti w’u RwandaAbagera kuri 30 barangije muri Institut islamique Al Hydayat bahawe impamyabumenyi
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2024,Nyakubahwa Mufti w’u Rwanda wungirije, Sheikh Mushumba Younus, yayoboye umuhango wo gushyikiriza impamyabumenyi abagera kuri 30 barimo…
Soma birambuye Abagera kuri 30 barangije muri Institut islamique Al Hydayat bahawe impamyabumenyiGufata mu mutwe Qoran ntibikiri ubumenyi gusa ahubwo ni n’umusingi w’iterambere
Umuryango w’Abasilamu mu Rwanda (RMC) kuri iki cyumweru wateguye amarushanwa yo gufata mu mutwe Qoran yitabiriwe n’abasore n’inkumi 20 baturutse mu turere dutandukanye tw’igihugu. Ni…
Soma birambuye Gufata mu mutwe Qoran ntibikiri ubumenyi gusa ahubwo ni n’umusingi w’iterambere“Ni ukutibagirwa abageze mu zabukuru no kubasabira impagarike n’ubugingo” Mufti w’u Rwanda
“Ni igikorwa twatangije cyo gusura ababyeyi bakuru n’abarwayi bacu mu rugendo rw’ubuyobozi tugitangira, ni inshingano zacu, ni no kugira ngo nabo badusabire muri uru rugendo…
Soma birambuye “Ni ukutibagirwa abageze mu zabukuru no kubasabira impagarike n’ubugingo” Mufti w’u Rwanda“Gukora kinyamwuga bizagendana n’ibigezweho” Umuyobozi wa RCA
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative mu Rwanda (RCA), Dr Patrice Mugenzi yavuze ko gukora kinyamwuga bizagendana n’ibigezweho bitewe n’aho isi igeze bakoresha ikoranabuhanga harimo gukoresha cashless…
Soma birambuye “Gukora kinyamwuga bizagendana n’ibigezweho” Umuyobozi wa RCAMufti w’u Rwanda yasuye aba Islam bagororerwa mu igororero rya Mageragere
“Iki nacyo ni igihe Imana yabahaye ngo mwisuzume, mwisubireho, mwige nibindi, muce bugufi imbere ya Nyagasani kuko ubutabera bwe buri imbere kandi ni bwo bukomeye.…
Soma birambuye Mufti w’u Rwanda yasuye aba Islam bagororerwa mu igororero rya MageragereUbuyobozi bw’Idini ya Islam mu Rwanda bwiyemeje kugendera ku iteganyabikorwa ry’igihe kirambye
Ubuyobozi bukuru bwa Rwanda Muslim Community burangajwe imbere na Nyakubahwa Mufti w’u Rwanda, Sheikh Mussa Sindayigaya, bwateguye inama nyunguranabitekerezo yiga ku iterambere rirambye ry’Umuryango ndetse…
Soma birambuye Ubuyobozi bw’Idini ya Islam mu Rwanda bwiyemeje kugendera ku iteganyabikorwa ry’igihe kirambye