Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative mu Rwanda (RCA), Dr Patrice Mugenzi yavuze ko gukora kinyamwuga bizagendana n’ibigezweho bitewe n’aho isi igeze bakoresha ikoranabuhanga harimo gukoresha cashless…
Soma birambuye “Gukora kinyamwuga bizagendana n’ibigezweho” Umuyobozi wa RCACategory: Politiki
Gatsibo: Bifuza ko mu gutora Abadepite 24 bahagarariye abagore ifasi y’itora yaba Akarere
Bamwe bu bagize inteko itora mu cyiciro cyo gutora abadepite bahagarariye abagore bavuga ko byakabaye byiza ifasi y’itora muri iki cyiciro ibaye Akarere aho kuba…
Soma birambuye Gatsibo: Bifuza ko mu gutora Abadepite 24 bahagarariye abagore ifasi y’itora yaba AkarereAmajwi y’ibanze yatangajwe na Komisiyo y’amatora araha intsinzi Kagame bidasubirwaho
Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere taliki 15 Nyakanga 2024 ku isaha ya saa yine, Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje amajwi y’ibanze y’ibyavuye mu matora…
Soma birambuye Amajwi y’ibanze yatangajwe na Komisiyo y’amatora araha intsinzi Kagame bidasubirwahoGatsibo: Abatariyimuye kuri lisiti y’itora basanga bari bagiye kuvutswa uburenganzira bwabo
Abaturage bo mu mirenge ya Kabarore na Rugarama ho mu Karere ka Kayonza bari bangiwe gutora ku mugeraka kuko bananiwe cyangwa batibutse kwiyimura kuri lisiti…
Soma birambuye Gatsibo: Abatariyimuye kuri lisiti y’itora basanga bari bagiye kuvutswa uburenganzira bwaboIbiro by’itora 2591 nibyo bizakoreshwa mu matora ya Perezida n’ay’Abadepite
Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ko mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite azaba kuri uyu wa mbere utaha hazakoreshwa ibiro by’itora 2591 mu gihugu hose…
Soma birambuye Ibiro by’itora 2591 nibyo bizakoreshwa mu matora ya Perezida n’ay’AbadepiteUbwongereza: Urukiko rw’Ikirenga rwanzuye ko abasaba ubuhungiro batakoherezwa mu Rwanda
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Ugushyingo 2023, Abacamanza batanu barimo na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Robert Reed, banzuye ko gahunda yo kohereza mu…
Soma birambuye Ubwongereza: Urukiko rw’Ikirenga rwanzuye ko abasaba ubuhungiro batakoherezwa mu RwandaNk’abavandimwe sinumva uko ubu bwicanyi bwageze aha – Twahirwa
Kuri uyu wa mbere tariki ya 06 Ugushyingo 2023, mu Rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises) mu Bubiligi hasubukuwe urubanza mu mizi ruregwamo Basabose Pierre na…
Soma birambuye Nk’abavandimwe sinumva uko ubu bwicanyi bwageze aha – TwahirwaU Rwanda rwijeje agahenge mu izamuka ry’ibiciro ku masoko
Muri Nzeri nibwo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 12,3% muri Kanama 2023. Ni izamuka rya 0,9% ugereranyije n’ukwezi…
Soma birambuye U Rwanda rwijeje agahenge mu izamuka ry’ibiciro ku masokoPerezida Paul Kagame yatabarije Umugabane wa Afurika, umaze igihe kinini uhezwa mu miryango
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu mu Nteko Rusange ya 78 Loni, ihurije hamwe abayobozi bakuru b’ibihugu na za Guverinoma zitandukanye hirya no hino ku Isi.…
Soma birambuye Perezida Paul Kagame yatabarije Umugabane wa Afurika, umaze igihe kinini uhezwa mu miryango