Inyoni Ciconia Ciconia (white stork) zimuka bijyanye n’uko ikirere kimeze ziboneka cyane cyane ku mugabane w’Iburayi gusa mu gihe cy’ubukonje zitangira kwimuka zishaka ikirere gishyushye…
Soma birambuye Byinshi ku nyoni zitwa Ciconia (White stork) zimuka bijyanye n’ibiheNews
Uko igabanuka ry’amashyamba ryatumye indwara z’ubuhumekero n’imyuzure byiyongera mu mujyi wa Kigali
Uko abatuye muri Kigali bagenda biyongera, ni ko umwuka mwiza wo guhumeka ugenda ugabanuka bitewe n’uko imyubakire n’ibindi bikorwa remezo bituma amashyamba atemwa, icyo kibazo…
Soma birambuye Uko igabanuka ry’amashyamba ryatumye indwara z’ubuhumekero n’imyuzure byiyongera mu mujyi wa Kigali“Nimuhaguruke mukorere ubusilamu kandi muzirikane ko aba Islam babakeneye” Sheikh Kassim Nzanahayo abwira aba Sheikh
Kuri iki cyumweru taliki ya 26/1/2025 ku musigiti wa Al’hidayat (Majengo) hateraniye inteko rusange y’aba Sheikh yari igamije kuganira ku bikorwa bigamije iterambere ry’uru rwego…
Soma birambuye “Nimuhaguruke mukorere ubusilamu kandi muzirikane ko aba Islam babakeneye” Sheikh Kassim Nzanahayo abwira aba SheikhKigali: Uko ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa Kigali
Ikibazo cy’amashyamba yagiye agabanuka mu Mujyi wa Kigali giteye inkeke, mu gihe abawutuye biyongera umunsi ku wundi kandi bakeneye umwuka mwiza wo guhumeka, icyakora ubuyobozi…
Soma birambuye Kigali: Uko ubwiyongere bw’abaturage bwagabanyije amashyamba mu mujyi wa KigaliUmuryango Al Amal urishimira intambwe umaze gutera mu bikorwa byo gufasha abatishoboye no kwita ku buzima
Ku cyumweru taliki ya 22 Ukuboza 2024, mu karere ka Rwamagana hateranye inama y’inteko rusange y’Umuryango Islamic Actions for development wamenyekanye ku izina rya Al…
Soma birambuye Umuryango Al Amal urishimira intambwe umaze gutera mu bikorwa byo gufasha abatishoboye no kwita ku buzimaU Rwanda rwakiriye Inama mpuzamahanga y’Abaminisitiri b’Ubuzima
I Kigali yateraniye inama y’iminsi ibiri ya mbere y’Abaminisitiri b’Ubuzima y’Imijyi Mpuzamahanga yateguwe ku nsanganyamatsiko igira iti “Gukomeza Sistemu z’Ubuzima, kugira Ejo Heza”. Ni inama…
Soma birambuye U Rwanda rwakiriye Inama mpuzamahanga y’Abaminisitiri b’UbuzimaMufti w’u Rwanda yasuye Akarere ka Rubavu abasaba guhuza imbaraga mu iterambere
Nyakubahwa Mufti w’u Rwanda, Sheikh Musa Sindayigaya, yakoreye urugendo rw’iminsi ibiri mu Karere ka Rubavu, mu ntara y’Iburengerazuba, rugamije kugeza ku ba Islam iteganyabikorwa ry’imyaka…
Soma birambuye Mufti w’u Rwanda yasuye Akarere ka Rubavu abasaba guhuza imbaraga mu iterambere“Ubumwe n’umutuzo bihera mu rugo” Mufti w’u Rwanda
Nyakubahwa Mufti w’u Rwanda, Sheikh Mussa Sindayigaya, ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe mu karere ka Rwamagana tariki ya 23 Ugushyingo 2024, yaganiriye n’abaislamukazi baturutse ku…
Soma birambuye “Ubumwe n’umutuzo bihera mu rugo” Mufti w’u RwandaAbagera kuri 30 barangije muri Institut islamique Al Hydayat bahawe impamyabumenyi
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2024,Nyakubahwa Mufti w’u Rwanda wungirije, Sheikh Mushumba Younus, yayoboye umuhango wo gushyikiriza impamyabumenyi abagera kuri 30 barimo…
Soma birambuye Abagera kuri 30 barangije muri Institut islamique Al Hydayat bahawe impamyabumenyiRMC yohereje abanyeshuri 10 kuvoma ubumenyi muri Turukiya
Abanyeshuli batsindiye kujya kwiga mu gihugu cya Turikiya (Turquie) bakiriwe na Mufti w’u Rwanda, Sheikh Sindayigaya Musa, kugira ngo abahe impanuro z’uko bazitwara mu gihe…
Soma birambuye RMC yohereje abanyeshuri 10 kuvoma ubumenyi muri Turukiya