Ku cyumweru taliki ya 22 Ukuboza 2024, mu karere ka Rwamagana hateranye inama y’inteko rusange y’Umuryango Islamic Actions for development wamenyekanye ku izina rya Al…
Soma birambuye Umuryango Al Amal urishimira intambwe umaze gutera mu bikorwa byo gufasha abatishoboye no kwita ku buzimaCategory: Ubuzima
U Rwanda rwakiriye Inama mpuzamahanga y’Abaminisitiri b’Ubuzima
I Kigali yateraniye inama y’iminsi ibiri ya mbere y’Abaminisitiri b’Ubuzima y’Imijyi Mpuzamahanga yateguwe ku nsanganyamatsiko igira iti “Gukomeza Sistemu z’Ubuzima, kugira Ejo Heza”. Ni inama…
Soma birambuye U Rwanda rwakiriye Inama mpuzamahanga y’Abaminisitiri b’UbuzimaU Rwanda na Misiri mu bufatanye mu kuvura indwara z’umutima
Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuzima n’ikigo gishinzwe iby’imiti mu Rwanda, (Rwanda Food and Drugs Authority), hamwe n’Igihugu cya Misiri basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu…
Soma birambuye U Rwanda na Misiri mu bufatanye mu kuvura indwara z’umutimaKigali: Bamwe mu baturage bavuga ko ibipfunyikwamo ibiribwa ari intandaro y’indwara
Abaturage bo mu mujyi wa Kigali bahahira mu ma sashe no muri za envelope z’inkora ibiribwa bitandukanye n’ibishyimbo bihiye benshi bakunze kwita ngo ni “Me…
Soma birambuye Kigali: Bamwe mu baturage bavuga ko ibipfunyikwamo ibiribwa ari intandaro y’indwara”Imirire mibi ntiyashira hakiri amakimbirane mu miryango” Minisitiri Dr. Valentine Uwamariya
Kuva taliki ya 03 kugeza taliki 07 Kamena 2024 ni Icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi mu Rwanda hose. Uyu munsi ukaba wizihijwe ku…
Soma birambuye ”Imirire mibi ntiyashira hakiri amakimbirane mu miryango” Minisitiri Dr. Valentine UwamariyaAkarere ka Kirehe kiyemeje gukumira no kugabanya ubwandu bushya bwa SIDA muri ako Karere
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buvuga ko bwafashe ingamba zo gukumira no kugabanya ubwandu bw’agakoko gatera Sida bwugarije ako Karere kubera ahanini urujya n’uruza rw’abashoferi b’amakamyo…
Soma birambuye Akarere ka Kirehe kiyemeje gukumira no kugabanya ubwandu bushya bwa SIDA muri ako KarereUbuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatanze iminsi 14 ku baturiye umugezi wa Sebeya
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatanze iminsi 14 ku baturiye umugezi wa Sebeya, yo kwimuka byihuse kugira ngo imvura izagwa muri Nzeri 2023 itazabasanga aho batuye…
Soma birambuye Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatanze iminsi 14 ku baturiye umugezi wa Sebeya