Home - Voice Of Africa Home - Voice Of Africa

Amakuru y'Idini

Ibitaro bya MBC byafunguye ishami ryita ku buvuzi buhabwa Abayisilamukazi

Kuri uyu wa gatanu tariki 7 Kanama 2026, Ibitaro bya MBC Nyamirambo biherereye mu Biryogo, ku bufatanye n’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC), byafunguye ishami ryihariye ryo kubyaza Abayisilamukazi rinita kukuvura indwara z’abagore. Ni igikorwa kigamije kwegereza abaturage serivisi z’ubuzima bakeneye no kubaha ubuvuzi bwita ku myemerere n’imyiyumvire by’umurwayi. By’umwihariko ku basilamukazi kikaba ari igikorwa bari […]

Muhamad VI Foundation yateguye amarushanwa ya Hadith ategura abazahatana ku rwego rwa Africa

Mu rwego rwo kwimakaza no kurinda imigenzo y’Intumwa Muhammad (S.A.W), Foundation ya Muhammad VI y’Abamenyi bo muri Afurika yateguye amarushanwa y’urubyiruko yo gufata mu mutwe Hadith. Aya marushanwa yitabiriwe n’abanyeshuri 15, barimo abakobwa babiri gusa. Bari guhatana mu byiciro bitatu, aho buri cyiciro gishingiye ku mubare wa Hadith zigomba gufatwa mu mutwe no gusobanurwa, ari […]

Abahaji bakiranywe urugwiro bagisesekara Saudi Arabia muri Hijja 2026

Babifashijwemo n’indege ya Rwandair, Abahaji 72 bageze mu Bwami bwa Saudi Arabia aho bitabye umuhamagaro w’umutambagiro mutagatifu wa Hijja i Makka. Bakigera muri icyo gihugu, bakiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwami bwa Saudi Arabia, Eugène Segore Kayihura, wabakiriye mu buryo bwuje urugwiro, icyubahiro n’ubwitange. Mu butumwa yabagejejeho, Ambasaderi yabashyikirije intashyo za Perezida wa Repubulika […]

Abaislam 72 berekeje i Makka mu mutambagiro Mutagatifu wa Hijja

Aba Islam 72 barimo 38 b’abagore bahagurutse mu Rwanda berekeza i Makka mu mutambagiro mutagatifu (Hijja) aho bazifatanya n’abayisilamu bo hirya no hino ku Isi mu mutambagiro w’uyu mwaka. Uru rugendo rufatwa nk’inshingano ikomeye ku mu isilamu wese ubishoboye, kuko ari imwe mu nkingi z’idini ya Islam, rukaba ari umwanya wo kwegera Uhoraho Allah, gusaba […]

“Ubundi iyo umuntu akoze igikwiye kuba ari cyo gikorwa, ntaba akwiye kubishimirwa” Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko impamvu Abasilamu bashimira Leta y’u Rwanda kuba yarabakuye mu bwigunge batakabaye babishimira Leta ahubwo ko ubundi ari ko byakabaye byarakozwe na kera. Yabigarutseho ubwo yahuraga n’abasilamu muri BK Arena kuri uyu wa 25 Werurwe 2026, agaragaza ko Abasilamu bahuye n’amateka y’umwihariko ariko hakaba hari n’andi ihuriyeho n’abandi banyarwanda harimo no gutotezwa. […]

أخبار عربية

Politike n'Ubutabera

Editor's Pick

Amakuru y'Ubuzima

Ibitaro bya MBC byafunguye ishami ryita ku buvuzi buhabwa Abayisilamukazi

Kuri uyu wa gatanu tariki 7 Kanama 2026, Ibitaro bya MBC Nyamirambo biherereye mu Biryogo, ku bufatanye n’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC), byafunguye ishami ryihariye ryo kubyaza Abayisilamukazi rinita kukuvura indwara z’abagore. Ni igikorwa kigamije kwegereza abaturage serivisi z’ubuzima bakeneye no kubaha ubuvuzi bwita ku myemerere n’imyiyumvire by’umurwayi. By’umwihariko ku basilamukazi kikaba ari igikorwa bari […]

Nyakwigendera Demba Darius yashimye ibikorwa bya Al-Amal asaba ko amafaranga yari kuzagurwa indabo zimuherekeza aba inkunga yo gufasha ababaye

Nyakwigendera Demba Darius ni umubyeyi watabarutse afite imyaka 65 azize indwara ya kanseri y’imyanya y’ubuhumekero nyuma yaje gukwira umubiri wose. Nyakwigendera yaje guhura na serivisi za palliative care/soins palliatifs zitangwa n’Umuryango Al Amal  nyuma y’uko inzobere z’abaganga bagaragaje ko indwara ya Kanseri Darius yari afite yari imaze gukura igeze aho itabona ubuvuzi bwatuma ikira bikaba […]

Ikoranabuhanga rya E-Ubuzima riratangira gukoreshwa hose bitarenze 2025

E-Ubuzima (National Electronic Medical Record System) ni ikoranabuhanga ryifashishwa mu gutanga serivisi ku bagana ibigo nderabuzima n’ibitaro bikuru, aho umurwayi asabwa imyirondoro ikandikwa muri mudasobwa, ubundi akayoborwa muri serivisi z’ubuzima akeneye. Ni ikoranabuhanga aho ryatangiye gukoreshwa bishimira ko byoroheje imitangire ya serivisi, kubera ko rimwe na rimwe ibitabo byandikwagamo imyirondoro y’abarwayi byashoboraga kwangirika, bitandukanye n’uko […]

Umweru, ubururu n’icyatsi kibisi: Ibisobanuro by’imyambaro y’abaganga

Uwavuga ko atari ku baganga gusa bambara imyenda y’akazi ntabwo yaba agiye kure y’ukuri, kubera ko ari abanyenshuri, abasirikare, abapolisi, abanyamadini n’abakora mu zindi serivisi usanga nabo bagira imyambaro ibaranga, kugira ngo ibatandukanye n’abandi. N’ubwo no ku baganga ari uko bimeze, ariko burya ngo amabara akunda gukoreshwa ku myambaro yabo uretse kuba agaragaza ibyiciro n’amatsinda […]

Amakuru agezweho

Copyright © 2025 Voice Of Africa. Developed by Belie.Africa