Home - Voice Of Africa Home - Voice Of Africa

Amakuru y'Idini

“Ubundi iyo umuntu akoze igikwiye kuba ari cyo gikorwa, ntaba akwiye kubishimirwa” Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko impamvu Abasilamu bashimira Leta y’u Rwanda kuba yarabakuye mu bwigunge batakabaye babishimira Leta ahubwo ko ubundi ari ko byakabaye byarakozwe na kera. Yabigarutseho ubwo yahuraga n’abasilamu muri BK Arena kuri uyu wa 25 Werurwe 2026, agaragaza ko Abasilamu bahuye n’amateka y’umwihariko ariko hakaba hari n’andi ihuriyeho n’abandi banyarwanda harimo no gutotezwa. […]

Perezida Kagame yasabye ko hasuzumwa ikibazo cy’umuhamagaro w’isengesho rya mu gitondo

Ubwo Perezida Kagame yahuraga n’abayoboke b’idina ya Islamu muri BK Arena mu rwego rwo kwizihiza isozwa ry’ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan, yasabye Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu gusuzuma ikibazo cy’umuhamagaro wa mu gitondo umaze igihe waraciwe. Perezida Kagame yabishingiye ku kibazo cyabajijwe n’umusilamukazi wagaragarije Perezida wa Repubulika ko abasilamu bababajwe no kuba umuhamagaro w’isengesho rya mu gitondo utakibaho. […]

Nyarugenge yegukanye igikombe cya Eid Cup 2026 bigoranye

Ku mugoroba wo ku munsi mukuru wa Eid al-Fitr 2026, kuri Kigali Pelé Stadium, Akarere ka Nyarugenge kegukanye igikombe cya Eid Cup 2026 nyuma yo gutsinda Akarere ka Gasabo hitabajwe penaliti. Uyu mukino wa nyuma warangiye amakipe yombi anganyije igitego 1-1 mu minota isanzwe y’umukino, bituma hiyambazwa penaliti kugira ngo hamenyekane uwegukana igikombe. Nyarugenge yitwaye […]

Inama y’ihuriro ry’Abayisilamu mu Rwanda (Multaqa ) yasojwe igaragaza ibyagezweho n’imishinga mishya

Mu rwego rwo kurebera hamwe uko ibikorwa by’Idini n’iterambere ry’umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda bihagaze, ubuyobozi bw’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda, Rwanda Muslim Community (RMC), wasoje inama isanzwe ya Multaqa yabereye muri Kigali Serena Hotel. Iyi nama yahuje abasaga 130 barimo abayobozi ba RMC, abahagarariye ibyiciro bitandukanye by’Abayisilamu, abafatanyabikorwa, ndetse n’abikorera ku giti cyabo bakorana bya hafi […]

أخبار عربية

Politike n'Ubutabera

Editor's Pick

Amakuru y'Ubuzima

Nyakwigendera Demba Darius yashimye ibikorwa bya Al-Amal asaba ko amafaranga yari kuzagurwa indabo zimuherekeza aba inkunga yo gufasha ababaye

Nyakwigendera Demba Darius ni umubyeyi watabarutse afite imyaka 65 azize indwara ya kanseri y’imyanya y’ubuhumekero nyuma yaje gukwira umubiri wose. Nyakwigendera yaje guhura na serivisi za palliative care/soins palliatifs zitangwa n’Umuryango Al Amal  nyuma y’uko inzobere z’abaganga bagaragaje ko indwara ya Kanseri Darius yari afite yari imaze gukura igeze aho itabona ubuvuzi bwatuma ikira bikaba […]

Ikoranabuhanga rya E-Ubuzima riratangira gukoreshwa hose bitarenze 2025

E-Ubuzima (National Electronic Medical Record System) ni ikoranabuhanga ryifashishwa mu gutanga serivisi ku bagana ibigo nderabuzima n’ibitaro bikuru, aho umurwayi asabwa imyirondoro ikandikwa muri mudasobwa, ubundi akayoborwa muri serivisi z’ubuzima akeneye. Ni ikoranabuhanga aho ryatangiye gukoreshwa bishimira ko byoroheje imitangire ya serivisi, kubera ko rimwe na rimwe ibitabo byandikwagamo imyirondoro y’abarwayi byashoboraga kwangirika, bitandukanye n’uko […]

Umweru, ubururu n’icyatsi kibisi: Ibisobanuro by’imyambaro y’abaganga

Uwavuga ko atari ku baganga gusa bambara imyenda y’akazi ntabwo yaba agiye kure y’ukuri, kubera ko ari abanyenshuri, abasirikare, abapolisi, abanyamadini n’abakora mu zindi serivisi usanga nabo bagira imyambaro ibaranga, kugira ngo ibatandukanye n’abandi. N’ubwo no ku baganga ari uko bimeze, ariko burya ngo amabara akunda gukoreshwa ku myambaro yabo uretse kuba agaragaza ibyiciro n’amatsinda […]

Uwahanutse mu mwobo wa metero 15 agakomereka bikomeye arasabirwa ubufasha

Bamukuyemo bamujyana mu bitaro by’i Nyamata na byo bimwohereza i Kanombe ku bitaro bya Gisirikare bya Kanombe akaba ari ho arimo kuvurirwa. Basanze yakomeretse ku ijosi, avunika ukuguru, avunika n’urutirigongo. Kwa muganga babwiye abo mu muryango we ko hakenewe amafaranga y’u Rwanda abarirwa muri Miliyoni eshatu n’igice yo kwishyura imiti, ibitaro n’ubuvuzi akorerwa burimo no […]

Amakuru agezweho

Copyright © 2025 Voice Of Africa. Developed by Belie.Africa