Uwavuga ko atari ku baganga gusa bambara imyenda y’akazi ntabwo yaba agiye kure y’ukuri, kubera ko ari abanyenshuri, abasirikare, abapolisi, abanyamadini n’abakora mu zindi serivisi usanga nabo bagira imyambaro ibaranga, kugira ngo ibatandukanye n’abandi. N’ubwo no ku baganga ari uko bimeze, ariko burya ngo amabara akunda gukoreshwa ku myambaro yabo uretse kuba agaragaza ibyiciro n’amatsinda […]