Abavoka 21 bahagaritswe hashingiwe ku makosa y’umwuga bakoze - Voice Of Africa

Abavoka 21 bahagaritswe hashingiwe ku makosa y’umwuga bakoze

Abo Bavoka ntibafite uburenganzira bwo kugira uwo bunganira muri icyo gihe bahagaritswemo. Me Gatete yahagaritswe mu gihe cy’imyaka ibiri. Harimo n’abahagaritswe mu gihe cy’amezi atandatu.

Harimo kandi Me Gatama Cassien wahagaritswe mu gihe kitagaragajwe (Radiation) bisobanuye ko ari nk’aho yahagaritswe burundu mu mwuga. Nyuma y’imyaka itanu nibwo ashobora gusaba gusubizwa mu mwuga, hakabaho gusuzuma ubusabe bwe.

Abandi bahagaritswe, mu gihe bazaba barangije ibihano bahawe, na bo bashobora kwandikira Inama y’Urugaga rw’Abavoka (Conseil de l’Ordre) bayisaba gusubizwa mu mwuga, igasuzuma ubusabe bwabo.

Tags :

IZINDI NKURU WASOMA


Deprecated: File Theme without comments.php is deprecated since version 3.0.0 with no alternative available. Please include a comments.php template in your theme. in /home/ubwiru/voiceofafrica.rw/wp-includes/functions.php on line 6131

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Copyright © 2025 Voice Of Africa. Developed by Belie.Africa