U Rwanda rwiteguye kwakira inama ikomeye yiga ku iterambere ry’ingufu muri Afurika, ijyanye n’imurikabikorwa ry’ibikoresho nkenerwa mu guteza imbere urwego rw’ingufu. Guverinoma y’u Rwanda yatangaje…
Soma birambuye Icyo u Rwanda rwiteze mu nama nyafurika yiga ku iterambere ry’ingufuAuthor: Gerard MANZI
Kigali: Bamwe mu baturage bavuga ko ibipfunyikwamo ibiribwa ari intandaro y’indwara
Abaturage bo mu mujyi wa Kigali bahahira mu ma sashe no muri za envelope z’inkora ibiribwa bitandukanye n’ibishyimbo bihiye benshi bakunze kwita ngo ni “Me…
Soma birambuye Kigali: Bamwe mu baturage bavuga ko ibipfunyikwamo ibiribwa ari intandaro y’indwaraImpamvu Green Party, PDI na PS Imberakuri zizabona imyanya mu nteko nubwo zitujuje 5%
Kuri uyu wa kane Komisiyo y’Igihugu y’amatora yoshyize ahagaragara imibare y’agateganyo y’ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite. Amashyaka ya PDI, Green Party na…
Soma birambuye Impamvu Green Party, PDI na PS Imberakuri zizabona imyanya mu nteko nubwo zitujuje 5%Gatsibo: Bifuza ko mu gutora Abadepite 24 bahagarariye abagore ifasi y’itora yaba Akarere
Bamwe bu bagize inteko itora mu cyiciro cyo gutora abadepite bahagarariye abagore bavuga ko byakabaye byiza ifasi y’itora muri iki cyiciro ibaye Akarere aho kuba…
Soma birambuye Gatsibo: Bifuza ko mu gutora Abadepite 24 bahagarariye abagore ifasi y’itora yaba AkarereAmajwi y’ibanze yatangajwe na Komisiyo y’amatora araha intsinzi Kagame bidasubirwaho
Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere taliki 15 Nyakanga 2024 ku isaha ya saa yine, Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje amajwi y’ibanze y’ibyavuye mu matora…
Soma birambuye Amajwi y’ibanze yatangajwe na Komisiyo y’amatora araha intsinzi Kagame bidasubirwahoGatsibo: Abatariyimuye kuri lisiti y’itora basanga bari bagiye kuvutswa uburenganzira bwabo
Abaturage bo mu mirenge ya Kabarore na Rugarama ho mu Karere ka Kayonza bari bangiwe gutora ku mugeraka kuko bananiwe cyangwa batibutse kwiyimura kuri lisiti…
Soma birambuye Gatsibo: Abatariyimuye kuri lisiti y’itora basanga bari bagiye kuvutswa uburenganzira bwaboIbiro by’itora 2591 nibyo bizakoreshwa mu matora ya Perezida n’ay’Abadepite
Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ko mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite azaba kuri uyu wa mbere utaha hazakoreshwa ibiro by’itora 2591 mu gihugu hose…
Soma birambuye Ibiro by’itora 2591 nibyo bizakoreshwa mu matora ya Perezida n’ay’AbadepiteMINICOM yongeye kuzamura igiciro cy’amata gihabwa aborozi
Itangazo Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yaraye ishyize ahagaragara, rivuga ko yashyizeho ibiciro bishya by’amata ku borozi bisimbura ibyari bisanzwe, aho umworozi uzajya ajyana ku ikusanyirizo…
Soma birambuye MINICOM yongeye kuzamura igiciro cy’amata gihabwa aboroziMinisitiri w’Uburezi yatangije ibizamini bisoza amashuli abanza asaba ababyeyi kubigiramo uruhare
Kuri uyu wa mbere nibwo hatangiye mu gihugu hose ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka w’amashuri wa 2023/2024, aho ku rwego rw’igihugu byatangijwe na…
Soma birambuye Minisitiri w’Uburezi yatangije ibizamini bisoza amashuli abanza asaba ababyeyi kubigiramo uruhare”Imirire mibi ntiyashira hakiri amakimbirane mu miryango” Minisitiri Dr. Valentine Uwamariya
Kuva taliki ya 03 kugeza taliki 07 Kamena 2024 ni Icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi mu Rwanda hose. Uyu munsi ukaba wizihijwe ku…
Soma birambuye ”Imirire mibi ntiyashira hakiri amakimbirane mu miryango” Minisitiri Dr. Valentine Uwamariya